Uribuka uburyo mu myaka ishize wafataga umuntu ukubwiye ko atuye cyangwa agiye mu Migina na Sodoma! Benshi iyo babonaga umuntu utuye muri utu duce batangiraga kumukeka amababa.
Ibi byaterwaga n’uburyo hari indiri y’uburaya kuko mu masaha y’umugoroba wahasangaga abakobwa b’ikimero bitunganyije bihagije ndetse bambaye imyambaro iha abagabo karibu, ibizwi nko gutega.
Yagize ati “Tinder nayimenye mu myaka itatu ishize ubwo nabaga Mwanza, muri Tanzania usanga bayikoresha cyane ku buryo benshi baba bayitunze
Hirya no hino mu gihugu utu duce twahozeho au moment ou mu Mujyi wa Kigali gusa nk’abazi Umujyi wa Muhanga bazi ahitwa mu Ruvemera habarizwaga indaya no mu Rutenga habarizwa iza generate. Continue reading Muri izo mbuga harimo na tinder (application ya telefone) yakozwe mu 2012 bikozwe n’Umunyamerika